Content removal request!


Babatunguye: Reba amazi menshi bamennye ku basifuzi basifuye match ya As Kigali na APR Fc.

Hari nyuma y'umukino wahuzaga ikipe ya AS Kigali na APR Fc bakanganya igitego 1 kuri 1, umusifuzi mukuru wasifuye uwo mukino witwa Uwikunda Samuel. yatunguwe na bagenzi be babasifuzi kw'isabukuru ye y'amavuko amze gusifura. Uwikunda Samuel niwe mu sifuzi wa mbere wasifuye umukino wa mbere wa shampiyona y'u Rwanda 2019-2020. Ntabwo ari Samuel gusa bamenye amazi kuko bayamennye no kuri mugenzi we witwa MUrangwa Usenga Sandrine. Bikurikirane byose uko byagenze wibuke gukora SUBSCRIBE amakuru akomeze kukujyera ho mu ba mbere.