The Drum Africa TV's user profile page. Match highlights, posts and more on site!“” Report User |
Muri wa mukino wari utegejwe n'abakunzi b'umupira w'amaguru mu Rwanda wahuzaga Gasogi United na Rayon Sports waje kurangira Gasogi itunguye Rayon amakipe yombi anganya ubusa ku ubusa. Ni umukino wabereye kuri Stade amahoro i Remera ndetse witabirwa n'abakunzi benshi ariko amakipe yombi agabana amanota ku mumino wazo wa mbere wa shampiyona y'u Rwanda. Wibuke gukora SUBSCRIBE kugirango amakuru yacu akomeze kukujyeraho mu ba mbere.
Hari nyuma y'umukino wahuzaga ikipe ya AS Kigali na APR Fc bakanganya igitego 1 kuri 1, umusifuzi mukuru wasifuye uwo mukino witwa Uwikunda Samuel. yatunguwe na bagenzi be babasifuzi kw'isabukuru ye y'amavuko amze gusifura. Uwikunda Samuel niwe mu sifuzi wa mbere wasifuye umukino wa mbere wa shampiyona y'u Rwanda 2019-2020. Ntabwo ari Samuel gusa bamenye amazi kuko bayamennye no kuri mugenzi we witwa MUrangwa Usenga Sandrine. Bikurikirane byose uko byagenze wibuke gukora SUBSCRIBE amakuru akomeze kukujyera ho mu ba mbere.
Mu mukino wa mbere wa shampiyona y'u Rwanda wahuzaga As Kigali na Apr Fc warangiye ari igitego 1 Kiri 1. Danny Usengimana nose watsindiye ikipe ya APR Fc na ho Rusheshangonga Micheal atsinda igitego cyo kwishyura umukino urangira gutyo. Wibuke gukora SUBSCRIBE amakuru ajye akujyera ho mu ba mbere.
Amashyi y'abakinnyi ba Rayon n'abafana babo nyuma yo gutsinda APR Fc nyuma y'imyaka 4 #rwandatoday #huye #
First Leg of CAF Champions League FT: APR Fc 1-0 US Monastir , Igitego cyatsinzwe na Mugunga Yves.
Stade yose yuzuye ikibuga mu byishimo bidasanzwe by'abafana ba Mukura nyuma yo kunganya na APR Fc.
Umukino w'ikirarane wahuzaga Mukura na APR Fc muri shampiyona y'u Rwanda Primus National League wasubitswe kubera ...
Abafana b'ikipe ya Rayon Sports bahaye Nizigiyimana Kharim Makenzi amafaranga nyuma y'umukino bari bamaze gutsinda ...
Perezida w'ikipe ya Gasogi United 'KNC' amaze gufata umwanzuro wo gukura ikipe ye muri shampiyona y'u Rwanda nyuma ...
Perezida w'ikipe ya Gasogi United KNC nyuma y'umukino yari amaze gutsinda mo Gicumbi ibitego 4 ku busa muri shampiyona ...