Mu mukino wa mbere wa shampiyona y'u Rwanda wahuzaga As Kigali na Apr Fc warangiye ari igitego 1 Kiri 1. Danny Usengimana nose watsindiye ikipe ya APR Fc na ho Rusheshangonga Micheal atsinda igitego cyo kwishyura umukino urangira gutyo. Wibuke gukora SUBSCRIBE amakuru ajye akujyera ho mu ba mbere.